TUJYANE - Bigizi Gentil (Official Video)

Follow GENTIL BIGIZI On Socials: INSTAGRAM:   / gentil_bigizi   TWITTER:   / gentil_bigizi   TIKTOK:   / gentil_bigizi   FACEBOOK:   / gentilbigizii   For bookings and enquiries: [email protected] TUJYANE LYRICS Nahereye mubuto bwanjye, Niruka inyuma y’iminsi Ariko Iransize, Nabajije abanduta uko nakwiruka inyuma y’iminsi ntinsige, Negereye nabakambwe ngo bangire inama isumba izindi mubuzima. Je n’ai jamais trouvé, La réponse que je veux Nabajije bibiliya, igitabo nkunda cyuzuye amateka yukuri we, Hakurya yarwaruzi iwacu niho nzicara nkaruhuka Sinzongera kwiruka habe no guhagarara inyuma y’ibihe Nzaba ndikumwe n’umugenga w’ibihe, Mpagaze mugihe kitazashira Ngwino tujyane mugenzi we, Iyo tujya niheza kuruta aho dutuye Tuzabana na Jambo, Maze aduhe ijambo Tuvugire ijambo, Imbere ya Jambo Haguruka mukunzi wanjye we, Ngwino tujyane dore itumba rirashize Uburabyo burabije kw’isi, Igihe cyo kujywigira kw’inyoni kirashize, Kandi ijwi ry’intungura ryumvikanye mugihugu cyacu Ngwino tujyano Yesu, niwowe utazansiga Mfata ukuboko tujyane ukomeze unyereke inzira Izuba rirarenze, kandi inzira nindende Ngwino.. Nubwo iy’isi isigasiye amateka Yacu, Ngwino.. Ariko izadusimbutsa idusingirize isumbabyose Ngwino, Ngwino.. Tuzasesekarayo duseka, maze dusabane nabo dusanze Tuzasusuruka turikumwe na Sogokuruza Aburahamu Ubwo nibwo tuzaba dusoje urugendo Yesu aradutembereza muri yasi yaduteguriye Maze dusirimbe, ngwino tujyane