WOWE UBIBONA UTE? IMANA YO IBIVUGAHO IKI?
Hari imihango myinshi twasanze ikorwa n'abatubanjirije ariko kandi natwe twayigendeyemo igihe kitari gito nyamara Imana igaragazako iyo mihango itabasha kugira icyo ifasha abayikora. Wowe ubivugaho iki? Ese ijambo ry'Imana ryo ribivugaho iki? Ubutumwa bwiza nibwo mucyo w'abari mu isi, nibwo budukura mu rujijo tuba turimo n'iyo twaba turi mu bintu byemerwa n'abantu benshi ariko burya iyo bidahura n'ukuri kw'ijambo ry'Imana tuba dukwiriye kubireka tukemera ukuri kw'ijambo ry'Imana. Bimwe mu byo benshi bemera ariko bitari ukuri harimo no kuba umuntu upfuye agize uwo yaturira ibyaha yaba agiye mu ijuru. Ibi bishishikaza benshi ku buryo usanga iyo umuntu amaze gupfa hari abahita bihutira kumenya niba hari uwo yaba yabashije kwaturira ibyaha, nyamara by'ukuri uko yaba yabyatuye kose ntacyo byahindura ku hantu ari bujye kuko inzira yo kubabarirwa ibyaha ntabwo inyura mu kubibwira abandi. Hari n'ubwo mu gushyingura uwapfuye usanga hari uri butange ubwo buhamya bwanyuma bw'uko yaba yapfuye hari uwo yaturiye ariko ibyo byose ntabwo ari byo ntan'icyo bimara rwose. Si ibyo gusa ahubwo hari no kuba umuntu ajya gupfa bagahamagara umuyobozi we muby'Imana ngo amuvugireho amasengesho yanyuma ari nayo gusigwa kw'abarwayi ariko ibyo byose ntacyo bifasha uwamaze gupfa. si ibyo gusa na none ahubwo habaho no kuba uwapfuye aba agomba kunyuzwa mu rusengero kugira ngo umurambo we uvugirweho amasengesho ndetse hanaririmbwe indirimbo z'Imana n'indi mihango iba yateguwe ariko ibyo byose ntacyo bifasha uwamaze gupfa kuko ugenda aba yagiye kare ikiba kiri aho ni umubiri kandi burya umubiri siwo muntu. Gusabira misa abapfuye nabyo ni ikinyoma kimaze igihe kirekire ndetse banazitangaho amafaranga ariko by'ukuri ntacyo bifasha uwo basabira misa. Hari n'ubwo bavuga ko bituma uwapfuye yakoroherezwa muri purigatori ariko nabyo ntacyo bimaze rwose. Umuntu yizera Yesu Kristo akiriho akizera ko yababariwe ibyaha bye byose kubwa Yesu akabaho azi neza ko iwabo ari mu ijuru bidashingiye kubizabaho ku munota wa nyuma.Sangiza abandi ubu butumwa bwiza kugira ngo abari mu rujijo bakomeze kurukurwamo.

IYI NZIRA IRABUJIJWE WIYINYURAMO NIBA USHAKA KUJYA MU IJURU

NI GUTE UMUSORE YANESHA IBIGERAGEZO, BITE N' UBUKRISTU MUBASORE ? BY '' MUSONI FLAVIEN"

UMUNTU WESE UKENEYE IJURU NIYUMVE IKI KIGANIRO

KERA KABAYE LONI YEMEJE KO M23 IRI GUSHINGA IGIHUGU🚨RAPORO YOSE YA LONI 2026|FEDERAL STATES DRC!

💜IGITANGAZA UMUNTU ATAZI YA MWISHYURIYE IDENI RYA MILIYONI 21 KURI BANKl MBEGA UBUHAMYA 💜Pr JEREMY

INDIRIMBO ZA CATHOLIC ZIKUNZWE 2026_ Best Rwanda Non Stop Catholic Gospel Music Songs Mix

IZI NYIGISHO Z'UBUNTU NUBWO BATAZEMERA ARIKO NASANZE ARI IZ'UKURI, NAWE NIWUMVE UKO ABISOBANUYE

IBIHANO BY’AMERICA BIRARIKOZE: KAGAME YASAZE NGO ARAMARA ABAMUNENGA-AMATEKA-INTAMBARA/POLITIKE.

BENSHI BASHAKA YESU WO KUBAHA IBIFATIKA(AMAZU, IMODOKA,URUSHAKO,URUBYARO,.. )

TWAKATIWE URUPFU DUPFIRA MURI YESU TUZUKANA UBUTUNGANE

ABAROMA IGICE CYA 5 HAMWE NA BISHOP FOTO

YESU NIWE NKURU YA BIBILIYA YOSE

WIBUNZA IMITIMA HARI IMANA IHINDURA IBIHE WICIKA INTEGE MU GUSENGA🙏Pastor Antoine RUTAYISIRE

ESE IZINA RYAWE RYANDITSWE MU IJURU? DORE UKO WABIMENYA

2HOURS NON STOP KINYARWANDA DEEP WORSHIP (SHARON GATETE FT CHRYSO NDASINGWA)

DORE IGISUBIZO CY'IBIBAZO BYOSE WABURIYE IGISUBIZO

IBITUTSI!! INNOCENT NA CLAUDE GUHINDURA AGATOBERO ICYIFUZO CYA PEREZIDA KAGAME ,BAKORERA NDE?RIB???

IKI GITONDO LE2/7 INKURU NZIZA YINTSINZI KURI M23 NA TWI BATUNGUYE ISI HAFI YA POINT ZERO | AMAHANO

ESE KOKO UMWENDA WATABUTSEMO KABIRI NGO TWIGEREREYO?

