UMWANA WESE NI UMWANA, ARIKO UMWANA SI NK’UNDI

Muri iki kiganiro tugaruka ku kuri abantu benshi batavuga, abana bose ni abana, ariko ntibatekereza kimwe, ntibakura kimwe kandi ntibakomeretswa kimwe. Hari abana baseka ariko bafite ububabare bwinshi imbere muri bo. Iki kiganiro kirafasha ababyeyi n’abarezi gusobanukirwa neza uko bakwiye kwegera abana babo, kubumva no kubarera mu rukundo no mu bwenge. Ntuzacikwe, ushobora kugira icyo wungukiramo ku mwana wawe cyangwa ku muryango wawe..