FARDC YAKIJE UMURIRO KU RWANDA IGITERO GIKOMEYE MUMAREMBO YA BUKAVU AMERICA IRONGEYE ITANGA GASOPO

IMPERUKA RUBAYA: U RWANDA RURI MU GIHUNGA GIKOMEYE, IBITERO MU MAREMBO YA BUKAVU Muraho neza bakunzi ba ISANO MEDIA AFRICA! Iki ni ikiganiro kidasanzwe cy'isesengura ry'urugamba rwahinduye isura mu Burasirazuba bwa Congo. Amakuru agezweho aravuga ko operates z'ingabo za Leta (FARDC) n'Abacunguzi (Wazalendo) muri Rubaya zaba ziri gushyira umwanzi mu mazi abira, bikaba bivugwa ko n'u Rwanda ruri mu gihunga gikomeye bitewe n'uko ib mambo bimeze ku mipaka. Muri iki kiganiro kandi, turasesengura amakuru ateye ubwoba y'imirwano n'ibitero byaba byasatiriye amarembo y'umujyi wa Bukavu mu Kivu y'Amwepfo. Ibi bishatse kuvuga iki ku miterere y'intambara ishyamiranyije FARDC na M23/RDF? Kurikira isesengura ryacu kugeza ku musozo ngo umenye ukuri kwose guhishwe! Urakoze cyane gukurikira ISANO MEDIA AFRICA! 🔔 Kanda SUBSCRIBE, ukore LIKE, kandi ukore SHARE kugira ngo udufashe kugeza iri sesengura kubantu benshi. 💬 Tanga igitekerezo cyawe (Comment) hasi aha utubwire uko ubona iri satira ry'urugamba!