AMAKURU Y'UMUGOROBA | 17 KAMENA 2026

MURI AYA MAKURU: Ingingo z’ingenzi Perezida Kagame yasabye abarahiriye imirimo mishya gushyira imbere inyungu z’u Rwanda. Rutsiro: Hari abaturage batishoboye bo mu murenge wa Musasa bahinga mu kibaya cya Koko bavuga ko ubwo hakorwagwa umuhanda Mushubati-Koko- Musasa-Boneza-Nkora hari imyaka yabo yangijwe none hashize umwaka n’igice nta ngurane barahabwa. Guinée équatoriale: Guverinoma yose yeguye nyuma yo kutesa imihigo